Umukinnyi ukomeye mu Rwanda wanyuze mu makipe ahangana APR FC, na Rayon Sports yitandukanyije n’ abantu bavuga ko nta gikwe .

Yannick na Iribagiza bagiye gukora ubukwe

Umukinnyi w’ikipe Sandvikens IF yo muri Suede Yannick Mukunzi agiye gukora ubukwe n’umugore Iribagiza Joy nyuma y’imyaka ibiri basezeranye imbere y’amategeko.

Imihango y’ubukwe iteganyijwe ni ugusaba no gukwa, gusezerana imbere y’Imana no kwiyakira. Byose bizabera muri Heaven Garden ku i Rebero tariki 08 Mutarama 2023.

Yannick Mukunzi na Iribagiza Joy bagiye gukora ubukwe nyuma y’imyaka itatu basezeranye imbere y’amategeko.

Aba bombi bafitanye abana babiri kuri ubu batuye muri Suede aho Mukunzi Yannick akinira ikipe ya Sandvikens IF.

Uyu mugabo yaciye mu ikipe ya APR FC, na Rayon Sports mbere y’uko yerekeza ku mugabane w’u Burayi.

Related posts

Khadime Ndiaye akomeje kwibazwaho: Ese koko ni we kibazo cya Rayon Sports?

Shampiyona yacu iri ku rwego rwo hasi nk’ikiraro gishaje!” – KNC aya magambo yatangaje ashobora gutuma abafana ba Rayon Sports bataza kureba umukino bafitanye na Mukura

Ese Urucaca ruzarokoka ibi bibazo, cyangwa rurimo guhumeka umwuka wa nyuma?