Umuhanzi ukomeye mu Rwanda umaze kubaka ibuye ritamenywa n’ ubonetse wese yashenguwe n’ urupfu rwa Nyirakuru we

 

Umuhanzi Nyarwanda uri mu gihugu cya Nigeria kugeza ubu yashyize hanze ubutumwa bw’agahinda atewe na nyirakuruwe wapfuye.

Bruce Melodie ni umwe mu bahanzi bakunzwe mu Rwanda no hanze y’u Rwanda.Uyu muhanzi yashenguwe bikomeye n’urupfu rwa Nyirakuru we nk’uko yabitangaje abinyujije kuri Social Media ze zirimo Facebook.

Mu butumwa yatanze yageze ati:” Rest in Peace GrandMa , I love you with my entire being.Sleep on”

Ugenekereje mu Kinyarwanda yashavuze ati:” Uruhukire mu mahoro nyogokuru wanjye. Njye wese Ndagukunda cyane. Uruhukire mu mahoro”.

Related posts

Umukunzi wa Dorimbogo yavuze ibintu bitatu byatumye ahagarika gukundana na we birimo no kuba  yaririrwaga amwaka buri kanya ngo barye agatunda!

Umunyamakuru Yago uhorana udushya yajyanywe muri RIB n’ umukobwa bahoze barya agatunda aza kumukangisha gushyira amashusho y’ubwambure bwe hanze

Ntabwo ajya aripfana! DJ Brianne yavuze impamvu yanze kuba umugore wa Israel Mbonyi ,ababyumvise bamukubise imijugujugu