Umuhanzi ukomeye mu Rwanda umaze kubaka ibuye ritamenywa n’ ubonetse wese yashenguwe n’ urupfu rwa Nyirakuru we

 

Umuhanzi Nyarwanda uri mu gihugu cya Nigeria kugeza ubu yashyize hanze ubutumwa bw’agahinda atewe na nyirakuruwe wapfuye.

Bruce Melodie ni umwe mu bahanzi bakunzwe mu Rwanda no hanze y’u Rwanda.Uyu muhanzi yashenguwe bikomeye n’urupfu rwa Nyirakuru we nk’uko yabitangaje abinyujije kuri Social Media ze zirimo Facebook.

Mu butumwa yatanze yageze ati:” Rest in Peace GrandMa , I love you with my entire being.Sleep on”

Ugenekereje mu Kinyarwanda yashavuze ati:” Uruhukire mu mahoro nyogokuru wanjye. Njye wese Ndagukunda cyane. Uruhukire mu mahoro”.

Related posts

Umuhanzi DeekoBoy agarutse mu ishusho nshya nyuma y’umwaka wa 2024 utaramworoheye

“Wankunze ntabikwiriye mwami” Amwe mu magambo y’amashimwe ari mu ndirimbo ‘Ndi Uwawe’ ya Bonfils

Atuma benshi bemera ko Imana ibaho! Sobanukirwa Songella ufite ubwiza butangaje.