Ubutumwa bukomeye buturutse munzove kwa Rayon Sport bwohererejwe AS Kigali. bugamije iki? soma witonze umenye amakuru agezweho mumikino!

Ikipe ya Rayon sport imaze iminsi yitwara neza aho imaze imikino igera kuri 4 iyitsinda ndetse bituma yicara kuntebe y’icyubahiro yo kuba iyoboye Championa y’u Rwanda ndetse ikaba iri gutsinda imikino yose ndetse ikanagaragaza ko iyomikino itsinze iyitsinze kandi ibikwiriye. ibyo rero nibyo bikomeje gutera ubwoba amakipe atari yahura na Rayon Sport ariko cyane cyane ikipe ya AS Kigali akaba ariyo ikomeje guterwa ubwoba n’uko ikipe ya Rayon Sport iri kwitwara mukibuga cyane ko ariyo bafitanye umukino ukurikiraho.

Ikipe ya Rayon Sport nyuma yuko itsinze ikipe ya Marine Fc yahise itangira kwitegura ikipe ya Musanze bazakina mumukino wa Made in Rwanda Tournament aho iyikipe izasoza ayamarushanwa ihita yinjira mukwitegura imikino ya championa ndetse imyitozo iyikipe iri gukora akaba ari ubutumwa bukomeye cyane bwohererejwe ikipe ya AS Kigali ndetse iyikipe ya Rayon Sport ikaba ishaka kwerekana ko nay ikeneye igikombe muri uyumwaka w’imikino.

Usibye kuba iyikipe irimo igaragaraza ubudasa mumikinire ikindi kandi iyikipe iri kwerekana ko ntawuzayihagarika ndetse ikaba inafite gahunda yo kuba yagera kure mumikino nyafurika nkuko yaciye agahigo ubwo iyiherukamo. ibi byose kandi bihamishwa nuko iyikipe yitwaye mumigurire y’abakinnyi aho yaguze abakinnyi biganjemo abakiri bato ndetse unabona ko bafite imbaraga ndetse n’ubushake bwo kuba bakwitangira iyikipe isanzwe ikundwa na benshi hano mu Rwanda.

Related posts

Copa América 2024: Emiliano Martínez yongeye gutabara Messi ku bwa burembe, berekeza muri ½ [AMAFOTO]

Yazamuye abarimo Djabel na Ruboneka! Urwibutso rw’Umutoza Ntirenganya Jean De Dieu witabye Imana

“Singiye muri Real Madrid gukora nk’ibya Cristiano, Birahambaye” _ Kylian Mbappé yacyeje intwari ye mbere yo kwishakamo uzaririmbwa mu Budage