Sapiophilia: Indwara yo gukururwa n’ umugore cyangwa umugabo uzi ubwenge ariko udafite isura nziza

Ni kenshi uzajya kumva umugabo arakubwiye ngo “sha umugore wange namukunze kubera ko mbona azi ubwenge. n’umugore bikaba uko burya rero ni ndwara aba afite. Dore ibiranga iyo ndwara, Sapiophilia cyangwa sapiosexual, ni ugukururwa n’umugore cyangwa umugabo uzi ubwenge kuruta uko asa ku isura.

1. Aba ari umuhanga wo kuganira: mbese nta ngingo imwisoba, kandi aguha umwanya nawe ukamubwira uko utekereza ibintu.

2. Ntiyihanganira guseba: iyo muganira ugasa nkaho umurusha ibintu aragerageza kuburyo ejo agaruka  afite ingingo shya akurusha.

2. Aganira ingingo zisaba Gutekereza: ntago uzasanga ari umuntu uganira ibintu bisanzwe. nta biciro by’isoko cyangwa amakuru yabantu  aba avuga ahubwo ashishikazwa n’ibitekerezo bishya ku ngingo runaka.

4. Agira inshuti zisobanutse: niba umukunzi wawe afite inshuti zisobanutse mu mutwe ntakabuza rwose icyo kibazo aragifite kubera ko abamuzengurutse aba ari abantu bavuga ibishya. (source e-entertainment .)

Related posts

Ushaka wabyirinda nuko bigoye! Gusomana cyane byatuma wandura SIDA?

Kugira ngo ushyikire umukobwa mwiza mu buzima bwawe, ugomba kwitoza kujya ugenda wihuta: Uko wa kwegera umukobwa muhuriye hafi y’umuhanda agahita agusamira hejuru

Iyi nkuru ireba abari hejuru y’imyaka 18: Ese ubundi umuntu adakoze imibonano  byamutwara iki?Sobanukirwa