Rwamagana city yahinduye izina ikitwa Muhazi FC yatangiye kwiyubaka ihereye mu batoza

Ikipe ya Rwamagana city yamaze guhindura izina ikitwa Muhazi FC yamaze gutangaza ko yongereye amasezerano y’imyaka 2 abatoza bayo barimo Ruremesha Emmanuel.

Ikipe ya Muhazi FC nyuma yo kurwana n’ubuzima umwaka ushize aho yendaga Ku manuka ikarokoka Ku munsi wa nyuma ibifashijwemo n’umutoza wayo Ruremesha Emmanuel, iyi kipe yahoze yitwa Rwamagana FC, yatangaje ko yamwongereye amasezerano y’imyaka 2.

Iyi kipe kandi yongereye amasezerano umutoza Habimana peacemaker umutoza w’abanyezamu, ndetse na Niyirema Samuel ushinzwe kongerera ingufu abakinnyi.

Related posts

Copa América 2024: Emiliano Martínez yongeye gutabara Messi ku bwa burembe, berekeza muri ½ [AMAFOTO]

Yazamuye abarimo Djabel na Ruboneka! Urwibutso rw’Umutoza Ntirenganya Jean De Dieu witabye Imana

“Singiye muri Real Madrid gukora nk’ibya Cristiano, Birahambaye” _ Kylian Mbappé yacyeje intwari ye mbere yo kwishakamo uzaririmbwa mu Budage