Rutahizamu wa Kiyovu Sports yagwatiriye ibikoresha by’ikipe bituma abandi badakora imyitozo

Nyuma yuko muri Kiyovu Sports bakomeje gutaka ubukene bukabije kugeza ubu amakuru ahari nuko umukinnyi wayo yatwaye ibikoresha by’ikipe akabuza abandi gukora imyitozo.

Rutahizamu Obediah Mikel Freeman ukomoka muri Liberia wasinye amasezerano y’imyaka itatu,niwe wagwatiriye ibikoresha bya Kiyovu Sports nyuma yo kutamuha ibyo bari baravuganye.

Mu minsi ishize nibwo umuvugizi w’abafana Minani Hemed,yatabarizaga iyi kipe avuga ko hatagize igikorwa vuba, gukina igice cya kabiri cya shampiyona byagorana kubera ibibazo by’amikoro bibugarije.

Iyi kipe yambara icyatsi n’umweru imanza zikomeje kuba nyinshi, ubukene bukabije buri gutuma abakinnyi bifatira ibyemezo ku giti cyabo.

 

Related posts

Nyuma yo gutsindwa arushwa FERWAFA byayanze mu nda Umutoza Amrouche agambirizwa utwe

Munyakazi Sadateyakojeje agati mu intozi maze yirata ibigwi adafite

Khadime Ndiaye akomeje kwibazwaho: Ese koko ni we kibazo cya Rayon Sports?