Rayon Sports yajyanye Musa Esenu isiga Rudasingwa Prince, menya abakinnyi 22 Rayon Sports izajyana muri Libya

Rayon Sports izahaguruka mu Rwanda ku munsi w’ejo yerekeza muri Libya gukina n’ikipe ya Al Hilal Benghazi mu ijonjora rya Kabiri ry’imikino ya CAF confederation cup.

Mu bakinnyi 22 umutoza wa Rayon Sports, umunya Tunisia YAMEN ZELFANi yashyize hanze azifashisha Ku mukino ubanza ntihagaragaramo umwataka Rudasingwa Prince warurimo kumutdindira ibitego mu iyi minsi.

Undi mukinnyi wasigaye kandi abantu bumvaga atagakwiye kubura muri iyi kipe ni Bugingo Hakim myugariro ukina kuruhande rw’ibumoso bakuye muri Gasogi United.

Urutonde rw’abakinnyi 22 ndetse na deregasiyo yose ya Rayon Sports izahaguruka mu Rwanda ku munsi w’ejo tariki 12 Nzeri.

Biteganyijwe ko Rayon sports izakina kuwa gatanu tariki ya 15 Nzeri i Saa mbiri z’ijoro.

Related posts

Yakinnye CHAN, aza mu Ikipe y’umwaka, bamubatiza Thiago Silva: Hura na Omar Gningue utegerejwe muri Rayon Sports

Copa América 2024: Emiliano Martínez yongeye gutabara Messi ku bwa burembe, berekeza muri ½ [AMAFOTO]

Yazamuye abarimo Djabel na Ruboneka! Urwibutso rw’Umutoza Ntirenganya Jean De Dieu witabye Imana