Police FC yabonye umuyobozi mushya ugiye kwinjirana n’abanyamahanga

iikipe ya police FC igiye kubona umuyobozi mushya, nk’uko tubikesha ikinyamakuru B&B cyatangaje ko CP Bruce MUNYAMBO ariwe muyobozi mushya wa police FC.

Aje gusimbura Munyantwari Alphonse wayoboraga iyi kipe nyuma akaza kuba umuyobozi wa FERWAFA. CP MUNYAMBO Bruce asanzwe ari umuyobozi wa community policing nk’uko bigaragaza kuri website ya Rwanda police.

Police FC iri kwiyubaka mu mpande zitandukanye ndetse byitezwe ko mu minsi mike iratangira no kwinjiza abakinnyi b’abanyamahanga Kandi bakomeye.

Related posts

Rayon Sports yazanye “Urukuta” mu biti by’izamu

Kwizera Jojea uherutse gusebya ba myugariro ahataniye igihembo gikomeye muri Amerika

Perezida Kagame yaconze ruhago, Mugisha Gilbert aba inkomarume, Umunya-Brésil aratungurana! Ibihe 5 by’ingenzi byaranze gutaha Stade Amahoro [AMAFOTO]