Police FC yabonye umuyobozi mushya ugiye kwinjirana n’abanyamahanga

iikipe ya police FC igiye kubona umuyobozi mushya, nk’uko tubikesha ikinyamakuru B&B cyatangaje ko CP Bruce MUNYAMBO ariwe muyobozi mushya wa police FC.

Aje gusimbura Munyantwari Alphonse wayoboraga iyi kipe nyuma akaza kuba umuyobozi wa FERWAFA. CP MUNYAMBO Bruce asanzwe ari umuyobozi wa community policing nk’uko bigaragaza kuri website ya Rwanda police.

Police FC iri kwiyubaka mu mpande zitandukanye ndetse byitezwe ko mu minsi mike iratangira no kwinjiza abakinnyi b’abanyamahanga Kandi bakomeye.

Related posts

Ese koko APR Niyo irinyuma y’umwuka mubi uri muri Rayon Sport?

Umurozi waroze Rayon Sport ngo idatwara igikombe yabigezeho ubuyobozi bubiha umugisha

Munyakazi Sadate ururumbira kuyobora Rayon Sport arashaka kubanza kuyambura igikombe