Ntibisanzwe! Umukobwa yatekeye umusore bakundana ibiryo birimo amaraso y’ imihango ye n’ iya mugenzi we , impamvu yakoze ayo mahano iratangaje. Dore ibyamubayeho biteye agahinda.

Umukobwa wanze gutangaza amazina yiwe yakoze ibintu byatumye benshi bakuka imitima aho yivugiye ko yatekeye umukunzi we ibiryo birimo amaraso y’imihango ye ivanze n’iya mugenzi we mu rwego rwo kumuha isomo atazibagirwa ngo kubera ko hari ibyo batari bumvikanyeho(bashwanye).

Uyu mukoba avuga ko ibi biryo yabitekeye umukunzi we witwa Kevin mu kwezi gushize.

Avuga ko mbere bari bashwanye gusa nyuma y’ibyumweru 2 bakaza kwiyunga gusa ngo muri uku kwiyunga uyu mukobwa afatanyije n’indi nshuti ye bafatiye uyu musore umwanzuro wo kumuha isomo atazibagirwa mu buzima bwe ari ryo kumugaburira ibiryo birimo amaraso y’imihango yabo.Nyuma yo kubimugaburira byaje kuba bibi cyane kurusha uko babitekerezaga kuko umusore yahise afatwa n’uburwayi araremba bikomeye.

Nk’uko uyu mukobwa abigaragaza mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga yemera ko yakoze amakosa ndetse ko yicuza cyane kuba yarakoze ibi gusa akibaza uko azabwira uyu musore ibyo yakoze kugirango amenye ibyo arwaye wenda anabashe kwivuza neza. 

Related posts

Ngo ntabwo barya! Umugore wa Kabila yanenze abasirikare ba Congo kubaga Inka ze none bakarenzaho no kuzirira mu rwuri rwe!

Nyuma y’uko leta ya Congo yanze gushyira mu gikorwa ibyo yaganiriye na M23, aba barwanyi bongeye kwigarurira Walikare

Ingabo za Congo zashatse guhengera Abanyamulenge mu munsi mukuru wa Pasika nabo basanga bari maso, babereka ko batojwe