Ntibisanzwe! Umugore yakuyemo imyenda asigara yambaye ubusa buri buri muri stade abantu benshi barahurura. Dore impamvu yakoze ayo mahano

Umugore usanzwe ukunda umupira w’ amaguru yatumye abantu benshi bavuga amagambure hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gushyira hanze amabere ye yishimira igitego.

Carla Garza yaciye ibintu cyane kubera kuzamura umupira we akerekana amabere ye yishimira igitego ikipe ye ya Tigres UANL yatsinze Pachuca mu mukino wo ku wa gatanu.Andre-Pierre Gignac wahoze ari umukinnyi mpuzamahanga w’Umufaransa yinjije ku munota wa 88 kugira ngo afashe iyi kipe ye gutsinda umukino wo muri shampiyona ya Mexico.

Carla yari ahagaze ku ntebe ategereje ko igitego cya penaliti cyinjira maze ahita azamura umupira we ubwo umupira werekezaga mu rushundura.

Carla yakomeje gusimbuka bituma abafana bagenzi be bifatanya nawe.Abandi bafana batangiye kwifotozanya nawe ubwo yashyiraga hanze amabere ye yishimira igitego.

Ni ubwambere Carla ashyize ku karubanda amabere ye nubwo yigeze kwifotoza yerekana umwenda uhishe amabere ndetse nyuma akifotoza yambaye umwenda wa Tigres.Aya mashusho yiyambitse ubusa akomeje gucaracara aho amaze kurebwa n’abarenga miliyoni 7 kuri Twitter.

Related posts

Bamwe mu basore bihenuye ku bakobwa badafite amafaranga ,icyo nticyaba imbarutso yo gutuma bagumirwa?

Ishyaka PS Imberakuri ryijeje abanya_ Gisagara ko nibaritora hazigishwa indimi nyinshi  zirimo ikidage

Kigali: Ukuri ku cyihishe inyuma y’inkongi y’umuriro idasanzwe yafashe Inyubako Makuza Peace Plaza igashya.