Ntibisanzwe! Umugeni yatunguye abantu benshi nyuma yo guhemba MC kuryamana na we kubera kumuryohereza ibirori by’ ubukwe bwe.

Umugeni yatunguye abantu benshi nyuma yo guhemba MC kuryamana na we kubera kumuryohereza ibirori by’ ubukwe bwe.

Umugabo ukora akazi ko gushyushya ibirori (MC) yahishuye uburyo umugeni yamuhembye kuryamana na we nyuma yo gushyushya ubukwe bwe bukagenda neza.

Uyu mugabo yanyujije ubutumwa kuri Twitter avuga ko umudamu yamuhamagaye kuri Instagram hanyuma amaze kumwikana ku giciro , ategereza ko yishyurwa ku kazi yari yakoze.

Nyuma uyu mudamu yamuhamagaye nijoro , yambaye imyenda y’ imbere gusa , maze amubwira ko nta kindi gihembo yamuha uretse kuryamana na we.

Yanditse kuri Twitter , ati“ Umugeni yampamagaye kuri Instagram kugira ngo nzamubere MC mu bukwe bwe. Twumvikanye ku biciro nategereje ubwishyu kugira ngo twemeze Booking.

Yampamagaye nyuma nijoro , yambaye imyenda y’ imbere gusa arambwira ngo turaryamana kubera ko namufashije ubukwe bukagenda neza”.

Related posts

Gisagara : Abaturage bavuga ko bazatora FPR inkotanyi  bashingiye kuri byinshi yabagejejeho.

“Ushaka kudukoma imbere akatubuza amajyambere n’umutekano, ibyo turabikemura vuba na bwangu!” Nyakubahwa Paul Kagame

Ibyago u Rwanda rwagize, ni uko twagize abayobozi b’abapumbafu! Nyakubahwa Paul Kagame