Kiyovu sport yinjiye mu rugamba rwo gusinyisha abakinnyi bashya

Nyuma yo gutandukana na bakinnyi benshi yakoreshaga umwaka ushize, ikipe ya kiyovu sport yatangiye gusinyisha abagomba kubasimbura.

Kiyovu Sports yatangaje ko yasinyishije umunyezamu w’umugande,Emmanuel Kalyowa wakiniraga Bul FC y’iwabo mu gihugu cya Uganda.yu musore wasinye imyaka 3,yanyuze mu makipe nka VictoriaUniversity,Sofapaka n’ayandi,Yabaye Umunyezamu mwiza w’igikombe cy’igihugu 2021-22.

kiyovu sport kandi yatangaje ko yasinyishije rutahizamu OBEDIAH MIKEL FREEMAN umunya Liberia aho yamusinyishije imyaka 3.

 

Related posts

Nyuma yo gutsindwa arushwa FERWAFA byayanze mu nda Umutoza Amrouche agambirizwa utwe

Munyakazi Sadateyakojeje agati mu intozi maze yirata ibigwi adafite

Khadime Ndiaye akomeje kwibazwaho: Ese koko ni we kibazo cya Rayon Sports?