I Nyarugenge byakomeye benshi baguye mu kantu nyuma yo gusanga umugabo ku muhanda arimo arava amaraso ahantu hose

 

 

Mu Karere ka Nyarugenge mu Murenge wa Nyakabanda , mu mudugudu wa Munini wo mu kagari ka Nyakabanda ya I haravugwa inkuru y’ umugabo wasanzwe ku muhanda bigakekwa ko yaba yapfuye

Abaturage bo muri uwo mudugudu bavuze ko batabashije kumenya umwirondoro we .

Uyu mugabo yagaragaye muri ako gace mu rekerera rwo ku wa Gatandatu tariki ya 11Ugushyingo2023.

Ababonye uyu mugabo bavuze ko yarimo ava amaraso mu myanya y’ umubiri itandukanye ,gusa bose bemeza ko badasanzwe bamuzi muri ako gace ngo bamubonye ku nzira ari gutuma isazi anava amaraso bibatera kwibaza ku buzima bwe.

Ubwo abo baturage bari babonye uyu mugabo asa nk’aho akirimo akuka gake bahise bahamagara ubuyobozi n’inzego z’umutekano n’imbangukiragutabara kugira ngo ihite imujyana kwa muganga asuzumwe ndetse anavurwe.

 

Related posts

Igisikare cya Congo kirimo guhiga bukware Abasore ba Banyamulenge ni babe maso byakomeye!

Byabaye nk’ amateka Twirwaneho yafashe ikibuga cy’ Indege cya Minembwe FARDC ikizwa n’ amaguru.

Nyuma y’ uko Twirwaneho yemeje urupfu rwa General Rukunda Makanika, Abanyamulenge bazindutse bagabwaho Ibitero.