I Nyarugenge byakomeye benshi baguye mu kantu nyuma yo gusanga umugabo ku muhanda arimo arava amaraso ahantu hose

 

 

Mu Karere ka Nyarugenge mu Murenge wa Nyakabanda , mu mudugudu wa Munini wo mu kagari ka Nyakabanda ya I haravugwa inkuru y’ umugabo wasanzwe ku muhanda bigakekwa ko yaba yapfuye

Abaturage bo muri uwo mudugudu bavuze ko batabashije kumenya umwirondoro we .

Uyu mugabo yagaragaye muri ako gace mu rekerera rwo ku wa Gatandatu tariki ya 11Ugushyingo2023.

Ababonye uyu mugabo bavuze ko yarimo ava amaraso mu myanya y’ umubiri itandukanye ,gusa bose bemeza ko badasanzwe bamuzi muri ako gace ngo bamubonye ku nzira ari gutuma isazi anava amaraso bibatera kwibaza ku buzima bwe.

Ubwo abo baturage bari babonye uyu mugabo asa nk’aho akirimo akuka gake bahise bahamagara ubuyobozi n’inzego z’umutekano n’imbangukiragutabara kugira ngo ihite imujyana kwa muganga asuzumwe ndetse anavurwe.

 

Related posts

Ngo ntabwo barya! Umugore wa Kabila yanenze abasirikare ba Congo kubaga Inka ze none bakarenzaho no kuzirira mu rwuri rwe!

Nyuma y’uko leta ya Congo yanze gushyira mu gikorwa ibyo yaganiriye na M23, aba barwanyi bongeye kwigarurira Walikare

Ingabo za Congo zashatse guhengera Abanyamulenge mu munsi mukuru wa Pasika nabo basanga bari maso, babereka ko batojwe