Ese ni akahe kamaro ko gukora ubukwe ku buzima bw’ amuntu? Ningombwa ko abantu babukora?

 

Ubusanzwe ushobora kwibaza impamvu abantu bubaka ingo ndetse bagakora ubukwe.Iyi nkuru iraguha ubusobanuro burambuye.

Iki kibazo cyabasha gusubizwa gusa n’uwariwe wese.Ubukwe ni ubwa buri wese wemeye kurushinga ndetse akemera kwikorera inshingano z’urugo agakura amaso kubitagira umumaro, Mu myaka myinshi yatambutse ubukwe bwabaye izingiro ry’ibiganiro ariko nanone buba itegeko mu bihugu bitandukanye mu myaka 20 ishize, Ubukwe bwavuye mu migenzo y’amatorero buba umuco wa hamwe na hamwe dore ko bwagiye bufasha mu mibereho ya buri munsi y’abantu.

Ubukwe bushushanya icyo umuntu yibaza ubwe, imibereho y’umuryango umwe kuwundi , imibereho y’igihuhu ndetse n’urukundo umuntu agirira mugenzi we.

Ubukwe buhuza imiryango y’abantu bataribaziranye bagakomeza kubaho neza kandi bagakundana mu buryo budasanzwe bikava mu rukundo rwa babiri bikagera mu kunga ubumwe bw’isi .

DORE INDANGAGACIRO Z’INGENZI ZIHUZA ABASHYINGIRANWE

1. Gukorera hamwe: Abantu bakundana bagira indangagaciro zo gukorera hamwe no gusangira ibyiza n’ibibi bagashyira hamwe ubundi bagatera imbere , umuryango wabo ugatera imbere , igihugu kigatera imbere n’isi igatera imbere.

2.Ubwubahane: Kubahana ni indangagaciro idasanzwe hagati y’umugabo n’umugore, abana ndetse n’abandi bantu bagize umuryango.

3.gukundana: Gukundana nukimwe mu buhuza abakundana bakabasha kwemeranywa, bagakundana ubwabo , bagakunda abandi, Urukundo niryo pfundo rya byose hagati y’umugabo n’umugore biyemeje gukora ubukwe.

Related posts

Umukobwa nakubwira rimwe muri aya magambo uzamenye ko  yakubenze mu kinyabupfura

Abasore benshi bibwira ko amafaranga ariyo akurura abakobwa n’ abagore baribeshye , hari ikindi kibararura

Uburyo bwagufasha kugabanya uburakaru bw’ umukunzi wawe mu gihe wamuciye inyuma