Edouard Bamporiki hari ibyo akurikiranyweho, none yahagaritswe ku mirimo ye, inkuru irambuye

Edouard Bamporiki yahagaritswe ku mirimo ye,

Edouard Bamporiki Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ Urubyiruko n’ Umuco , kuri uyu wa Kane tariki ya 05 Gicurasi 2022, yabaye ahagaritawe ku mirimo ye kubera hari ibyo agomba kubazwa akurikiranyweho.

Itangazo ryashyizwe hanze n’ Ibiro bya Minisitiri w’ Intebe , rivuga ko Bamporiki yahagaritswe kubera ko hari ibyo agomba kubazwa akurikiranyweho.

Kugeza ubu ntabwo haratangazwa icyo Bamporiki yakoze cyatumye ahagarikwa ku mirimo ye.

Related posts

Burundi: Perezida Ndayishimiye yakojeje agati mu ntozi ubwo yabwiraga abarundi ibintu bikomeye bisa nibyo Imana yakoreye Abisirayeli igihe cya Mose.

Barafinda yavuze ko naba umukuru w’ i gihugu cy’ u Rwanda azahereza abashomeri bose amafaranga ayakuye ahantu benshi bagize urujijo

President Evariste yaguye igihumure yakiriye inkuru mbi ko abasirikare 96 bishwe