Edouard Bamporiki hari ibyo akurikiranyweho, none yahagaritswe ku mirimo ye, inkuru irambuye

Edouard Bamporiki yahagaritswe ku mirimo ye,

Edouard Bamporiki Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ Urubyiruko n’ Umuco , kuri uyu wa Kane tariki ya 05 Gicurasi 2022, yabaye ahagaritawe ku mirimo ye kubera hari ibyo agomba kubazwa akurikiranyweho.

Itangazo ryashyizwe hanze n’ Ibiro bya Minisitiri w’ Intebe , rivuga ko Bamporiki yahagaritswe kubera ko hari ibyo agomba kubazwa akurikiranyweho.

Kugeza ubu ntabwo haratangazwa icyo Bamporiki yakoze cyatumye ahagarikwa ku mirimo ye.

Related posts

Perezida Kagame yagiranye ikiganiro na Marco Rubio wa Amerika ku bibazo bya Congo.

Byakomeye RULINDO ,Meya w’ Akarere n’ u wari Gitifu  bikomeje kugorana

Donald Trump niwe wegukanye intsinzi yo kuyobora Amerika