Dore umugore uryoshya akabariri cyane bitewe n’iminwa ye

Igitsina gabo usanga kenshi bakunze kuganira hagati yabo bavuga ko ibiranga umugore mwiza mu buriri cyangwa bamwe ugasanga babyibazaho aho hari abazi ko umugore ufite ikibuno kinini , amaribori , … Aribi bashobora kwitwara neza mu gitanda nyamara ushobora kurebera ku minwa ye gusa ubundi ukabimenya.

Umuhanga mu by’ imitekerereze ya muntu Stuart Brody yakoze ubushakashatsi bunyuranye ku bijyanye no gutera akabariro harimo n’ isano imiterere y’ iminwa y’ umugore ifitanye n’ uburyo yitwara mu gitanda ndetse n’ uko ashobora kugera ku byishimo bye byanyuma muri iki gikorwa benshi bavuga ko kiryoshye cyane kurusha ikindi kintu.

Brody nyuma yo gukorera ubushakashatsi ku bagore 258 bafite imyaka 27 , yemeje ko iyi miterere y’ iminwa ifitanye isano n’ igikorwa cyo gutera akabariro. Bityo yemeza ko ushobora kureba iyi minwa ukamenya niba umugore ashobora kurangiza byoroshye mu gihe umugabo yinjije igitsina cye gusa cyangwa se bidashoboka.

Brody mu bushakashatsi bwe yavumbuye ko abagore bafite iminwa ifite igice cyo hagati kibyimbye cyane bashobora kurangiza neza mu gihe umugabo yinjije igitsina cye gusa.

Brody aha akaba yaravuze ko yakuye urujijo ku bajyaga bavuga ko umugore witwara neza mu gitanda umubwirwa no kugira iminwa minini gusa kuko ik’ ingenzi atari umunwa wose ahubwo igice cyavuzwe haruguru.

Related posts

Ngo ntabwo barya! Umugore wa Kabila yanenze abasirikare ba Congo kubaga Inka ze none bakarenzaho no kuzirira mu rwuri rwe!

Nyuma y’uko leta ya Congo yanze gushyira mu gikorwa ibyo yaganiriye na M23, aba barwanyi bongeye kwigarurira Walikare

Uko watandukanya urukundo rwa nyarwo n’ urwa gahararo