CHOGM: Dore ahantu hambere igikomangoma Charles cya Wales yahise asura akigera mu Rwanda. Sura inkuru urebe Amafoto  

Igikomangoma cya wales na Perezida Kagame Paul w’u Rwanda.

Igikomangoma Charles cya Wales n’ umugore we basuye urwibutso n’itorero hanze y’umurwa mukuru Kigali ahashyinguwe imibiri y’abazize Genoside yakorewe abatutsi.

Igikomangoma cya Wales Charles

Igikomangoma Charles n’ umugore we bageze mu Rwanda mu ijoro ryo ku wa kabiri – kimwe mu bihugu bike Umwamikazi atigeze asura.

Igikomangoma Charles ahagarariye Umwamikazi, umuyobozi wa Commonwealth, mu nama y’abayobozi ba Commonwealth, yimuwe  kubera icyorezo.

Yashishikarijwe gusura urwibutso rwa Jenoside n’ingoro ndangamurage i Gisozi n’uwahoze ari umukinnyi w’umupira wamaguru mu Rwanda, Eric Murangwa.

Niwe washinze umuryango Football For Hope, Amahoro n’Ubumwe, akaba yararokotse ubwicanyi kubera bagenzi be bakinanaga.

Related posts

Nyuma y’uko leta ya Congo yanze gushyira mu gikorwa ibyo yaganiriye na M23, aba barwanyi bongeye kwigarurira Walikare

Ingabo za Congo zashatse guhengera Abanyamulenge mu munsi mukuru wa Pasika nabo basanga bari maso, babereka ko batojwe

Perezida Ndayishimiye yavuze uburyo   yabaye mayibobo muri Tanzaniya, aza no kwiba mudasobwa