Birababaje umurambo w’ umupadiri wasanzwe uri mu kiringiti.

Mu gihugu cya Tanzania hagaragaye umurambo w’ umupadiri muri Arikidiyosezi ya Mbeya y’ umuryango w’ abamisiyonari wasanzwe uri mu kiringiti.

Bivugwa ko uyu murambo w’ uyu mupadiri watoraguwe mu nyanja uri mu kiringiti.

Umurambo wavanywe mu ruzi rwa Meta rwa Sabasaba mu mujyi , kuri uyu wa Gatandatu , tariki ya 11 Kamena 2022.

Amakuru yatangajwe na Arkiyepiskopi akaba na Perezida w’ Inama y’ abepiskopi Tanzaniya ( TEC) , Musenyeri Gervas Nyaisonga , yavuze ko Padiri Samson Michael yaburiwe irengero ku wa Gatanu , tariki ya 10 Kamena 2022 ubwo yari mu kigo cy’ urubyiruko Gatolika cya Mbeya saa 12h30.

Abatanze ubuhamya batangaje ko uwo murambo wa Padiri Micheal Samson wagaragaye uri mu kiringiti.

Related posts

Igitangaza! Ikibumbano cya Maliya w’ isugi cyasutse amarira mbere gato y’ uko Papa Francis yitaba Imana.

Amahirwe y’ umuntu aza rimwe gusa kandi iyo aje nta muntu uyasubiza inyuma! Umunyarwanda Cardinal Kambanda ari muzatorerwa kuba Papa.

Ejo yagaragaye mu ruhame arimo gusoma misa none Abakirisitu bakiriye inkuru y’ inshamugongo.