Birababaje umurambo w’ umupadiri wasanzwe uri mu kiringiti.

Mu gihugu cya Tanzania hagaragaye umurambo w’ umupadiri muri Arikidiyosezi ya Mbeya y’ umuryango w’ abamisiyonari wasanzwe uri mu kiringiti.

Bivugwa ko uyu murambo w’ uyu mupadiri watoraguwe mu nyanja uri mu kiringiti.

Umurambo wavanywe mu ruzi rwa Meta rwa Sabasaba mu mujyi , kuri uyu wa Gatandatu , tariki ya 11 Kamena 2022.

Amakuru yatangajwe na Arkiyepiskopi akaba na Perezida w’ Inama y’ abepiskopi Tanzaniya ( TEC) , Musenyeri Gervas Nyaisonga , yavuze ko Padiri Samson Michael yaburiwe irengero ku wa Gatanu , tariki ya 10 Kamena 2022 ubwo yari mu kigo cy’ urubyiruko Gatolika cya Mbeya saa 12h30.

Abatanze ubuhamya batangaje ko uwo murambo wa Padiri Micheal Samson wagaragaye uri mu kiringiti.

Related posts

“Kuvuga ubutumwa mu buryo bwinshi kandi kuririmba mbona byabimfashamo”. Gad Rwizihirwa yashyize hanze indirimbo

Ushaka urupfu asoma impyisi! Pasiteri yongeye guhura n’ urupfu ari muzima nyuma yo kubeshya abakirisitu barenga 250 ababwira ko bagiye gutegereza Yesu mu ishyamba

Umupasiteri yatangaje inkuru mbi ko Imana yamweretse ko umuhanzi ufite izina rikomeye muri ‘ Gospel’ hano mu Rwanda agiye gupfa yibwe na Satani