Polisi y’u Rwanda k’ ubufatanye n’abaturage, yaburijemo umugambi wo gukwirakwiza mu baturage udupfunyika 5 000 tw’urumogi mu murenge wa Ngororero ho mu karere ka Ngororero.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa kabiri tariki ya 16 Mutarama 2024 hafi y’umupaka uhuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo humvikanye amasasu